in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Kigali: umukobwa ukiri muto apfuye mu buryo bubabaje.

Uyu mukobwa witwa Deborah wari utuye mu karere ka Kicukiro, yitabye Imana mu buryo butunguranye aho bikekwa ko yazize uburwayi . Umwe mu nshuti ze yabwiye Isano TV kuri chene ya Youtube ko uyu mukobwa wari ukiri muto wakoraga mu bijyanye n’amahoteli n’ubukerarugendo yari umwari mwiza wishimirwaga n’abatari bake kuko yabanaga n’abantu bose kandi agakunda amahoro.

Yavuze ko Deborah atari asanzwe arwaye,ariko ko bagitegereje ibisubizo byo kwa muganga bizagaragaza icyateye urupfu rwe.Uyu mwari yitabye Imana nyuma y’imfu zitandukanye zimaze iminsi zivugwa hirya no hino,aho bamwe bazira ibintu bitandukanye birimo impanuka,uburwayi n’izindi mpamvu.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Haruna Niyonzima yavuze igihe azarekerera gukina umupira w’amaguru

Ibizakwereka ko umukobwa yamaze kukwikuramo ntabikubwire||Hita ufata icyemezo na we.