in

Hamenyekanye Umunyamakuru ukunzwe na benshi mu kogeza umupira ugiye gusimbura Mugenzi Faustin uheruka gusezera kuri Radio 10

Umunyamakuru wogeza umupira kuri Rayon Sports TV, Shema Bob arahabwa amahirwe yo gusimbura Mugenzi Faustin kuri Radio 10.

Ku wa Kane tariki 26 Mutarama 2023, nibwo Mugenzi Faustin yasezeye kuri Radio/TV 10 Rwanda nyuma y’imyaka ibiri n’igice yari amaze ayikorera.

Nyuma y’uko Radio 10 itakaje Mugenzi Faustin wari ukunzwe na benshi, iri mu biganiro na Shema Bob ushobora kumusimbura.

Shema Bob yamenyekanye ubwo yakoreraga Radio Imanzi mbere yo kwerekeza muri Rayon Sports aho ari we wogeza imipira y’iyi kipe kuri shene ya YouTube ya Rayon Sports TV.

Umunyamakuru Shema Bob ashobora gusimbura Mugenzi Faustin

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gasabo: Umugabo ukurikiranweho icyaha cyo kwica urubozo umugore babanaga mu nzu

Bicyekwa ko umukinnyi aha umutoza icyacumi! Uko Haringingo Francis yakomeje kwitambika ubuyobozi bwa Rayon Sports ubwo bashakaga kwirukana Boubacar Traore wabahombeye bikabije