in

Hagiye gushya! Umunyamakuru Rugangura Axel uzwiho gufana cyane Kiyovu Sports, yabwiye Apr Fc ibintu bitari kunezeza abakunzi bayo

Hagiye gushya! Umunyamakuru Rugangura Axel uzwiho gufana cyane Kiyovu Sports, yabwiye Apr Fc ibintu bitari kunezeza abakunzi bayo.

Rugangura Axel yahumurije abafana ba APR FC avuga ko ntacyo iyi kipe yakora imbere ya Rwamagana City.

Yavuze ibyo mu kiganiro cy’urubuga rw’imikino gitambuka kuri Radio Rwanda.

Rugangura Axel yavuze ko ngo bitewe n’amakuru afite, APR FC ngo iraza kugorwa cyane na Rwamagana City mu mukino bafitanye muri iyi weekend.

Yakomeje avuga ko APR FC irebye nabi yatsindwa byinshi.

yagize ati, ”Rwose Imyiteguro nabonye Rwamagana City ifite APR FC ntacyo nyijeje”. yongeyeho ko ngo Umutoza wa Rwamagana City ariwe Ruremesha Emmanuel yahize kubabaza APR FC.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ushinzwe umutekano we yakijijwe n’amaguru! Umusore yishwe urw’agashinyaguro n’abagizi ba nabi banashatse kwica ushinzwe umutekano agakizwa n’amaguru

“Icyo nta kunda ni ukwigana” Mawarimu Ndahayo François agejeje imyaka 44 yose akiri ingaragu