in

“Icyo nta kunda ni ukwigana” Mawarimu Ndahayo François agejeje imyaka 44 yose akiri ingaragu

Umwarimu witwa Ndahayo François wigisha ku ishuri rya G.S Mukamira mu karere ka Nyabihu umurenge wa Mukamira aracyari umusore ku myaka 44 y’amavuko.

Ndahayo François umaze imyaka irenga 15 yose ari mu mwuga w’uburezi ndetse yitwara neza cyane mu kazi ke yatangaje ko akiri ingaragu mbese atarashaka umugore gusa ngo hari byinshi yagezeho mu myaka yose amaze atarashaka umugore kuko yaguze amasambu menshi ndetse akubaka n’inzu.

Gusa ubu Ndahayo François avuga ko isaha n’isaha ashobora gushaka umugore ntubwo nta gihe gihamye atanga gusa ibyatunga umugore ndetse n’abana byo ara bifite kandi atangaza ko icyo adakunda ari ukugendera mu kigare mbese kwigana abandi ibyo bakora ngo nawe abikore.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hagiye gushya! Umunyamakuru Rugangura Axel uzwiho gufana cyane Kiyovu Sports, yabwiye Apr Fc ibintu bitari kunezeza abakunzi bayo

Umutoma W’umunsi: Ku wa 19/05/2023 – Kunda unkundire ngukunde…