in

Hafi ku mwica: Umusore uvuga ko ari umukobwa yahondaguwe nyuma yo gukora igikorwa kigayitse

Abakuru nibo bajya kure bakavuga ko nta muco ukibaho abandi bati Isi igeze mu bihe byanyuma gusa igitera ibi byose nibyo babona biba bidakwiye mu buryo bugaragarira amaso ugereranyije n’ibihe bya kera.

Umusore uvuga ko ari umukobwa yakubiswe izakabwana ubwo yari mu kabari gaherereye mu mujyi wa Kigali mu karere ka Nyarugenge hafi y’ahazwi ku izina rya Cosmos azira gukorakora umuhungu mugenzi we bahuje igitsina maze yiturwa gukubitwa ku buryo bukomeye nk’uko ikinyamakuru Igihe dukesha iyi nkuru cyabitangaje.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bruna Boy yaraye yanditse amateka azahora mu mitwe y’abatuye umugabane w’Afurika ndetse n’Isi yose (video)

Iyi mibare iteye agahinda disi!: Hamaze kumenyekana imibare y’abantu bahitwanwe n’impanuka ya gari ya moshi iteye ubwoba cyane