in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye

Gusaza ni mu mutwe: ku myaka 73 uburanga bwe bukomeje kuvugisha benshi(AMAFOTO)

Rolanda Rochelle w’imyaka 73 akomeje gutangaza benshi kubera uburyo agaragara n’imiterere y’umubiri we.

Aba bona uyu mukobwa abenshi bamwibeshyaho bakamugereranya n’inkumi z’imyaka 23 kugirango uboneko akuze keretse iyo umwitegereje neza ukareba imvi zamaze kuba uruyenzi ku mutwe we.

Rolanda Rochelle

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Ricca Michaella yakorewe ibirori bya Bridal Shower (Amafoto)

Wari uziko ushobora kwandurira SIDA mu gusomana? Sobanukirwa.