in

Gasabo: Hari umugabo washize ubwoba aha ruswa y’amafaranga umupolisi none ari kurira ayo kwarika

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe gusuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga mu kigo cy’i Remera mu karere ka Gasabo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Gashyantare, hafatiwe umushoferi washakaga gutanga ruswa ngo bamuhe icyemezo cy’ubuziranenge atujuje ibisabwa.

Ubwo uwo mushoferi yari agiye gusuzumisha ubuziranenge bw’ikamyo atwara, yahereje umupolisi ibihumbi 45Frw ngo yemererwe guhabwa icyemezo cy’ubuziranenge hirengagijwe amakosa ya mekanike y’imodoka ye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Israel Mbonyi yagiriye inama abantu bafite amafaranga yabo bahunitse bakanga kuyarya

Abakinnyi b’ikipe ya Rayon Sports bashyiriweho umurengera w’amafaranga n’abafana bayo kugirango babafashe kwivuna umwanzi