in

Gasabo: Abaturage baratabariza umuturage wenda kwicwa n’ikibyimba wo mu murenge wa Bumbogo

Baratabariza umuturage utorohewe n’ubuzima witwa Kuradusenge Anakireti nyuma yuko arwaye agaheri mu kanwa kakamuviramo ikibyimba cyafashe ku itama.

Uyu mugabo uvukira mu karere ka Karongi ariko aka kanya ubarizwa mu Mujyi wa Kigali, mu kiganiro yagiranye na Bplus Tv yagarutse ku mimerere nuko abayeho aho yavuze koubu burwayi amaranye imyaka igera kuri 15 bwatangiye ubwo yagiraga agaheri mu kanwa noneho nyuma kakagenda kabyimba kugeza ubwo kamuviriyemo ikibyimba cyahinduye ingano y’itama.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kiyovu sports Association yareze muri RIB Mvukiyehe Juvenal wari umuyobozi wa Kiyovu Sports Company

RIP Sophie! Wa mukinnyi wa filime z’urukozasoni yitabye Imana