in

FIFA yanzuye ikirego Adil Mohammed yarezemo APR FC yamwirukanye mu kazi ko kuyitoza

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi FIFA ryanzuye ko ikirego umutoza Adil Erradi Mohammed yari yarezemo APR FC ko yahagaritswe binyuranyije n’amategeko ko nta shingiro gifite.

Tariki 15 Ukwakira 2022, ni bwo ikipe ya APR FC yahagaritse mu kazi Adil Erradi Mohammed wavuzweho guteza umwuka mubi no guhindanya isura y’iyi kipe y’Ingabo.

Ariko Adil we ntabwo yishimiye uburyo yahagaritswe mu kazi, ndetse avuga ko butigeze bwubahiriza amategeko binatuma arega iyi kipe muri FIFA ayishinja kutubaha amasezerano bagiranye. None birangiye FIFA iteye utwatsi ikirego cye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yari yambaye mu buryo buteye kwifuzwa: Umuhanzikazi Sheebah Karungi yagaragaye ari mu nshingano nshya yatorewe hamwe na bagenzi be (amafoto)

“Iyi nka ndayikunze cyane pe mbanza nayo ikunda abana” Amashusho y’umwana wagaragaye ari konka inka nk’uwonka umubyeyi we yatumye nange ngira inyota (amashusho)