in

Yari yambaye mu buryo buteye kwifuzwa: Umuhanzikazi Sheebah Karungi yagaragaye ari mu nshingano nshya yatorewe hamwe na bagenzi be (amafoto)

Umuhanzikazi ukomeye cyane wo mu gihugu cya Uganda Sheebah Karungi uherutse gutorerwa kuba visi Perezida wa mbere w’ishyirahamwe rishya ry’abahanzi muri Uganda yagaragaye ari kumwe nabo bafatanyijje kuyobora.

Sheebah Karungi uzwiho ubuhanga budasanzwe mu bihangano bye akora ndetse benshi bakunze kuvuga ko ari umwe mu bagore bafatiye runini umuziki w’Afurika y’iburasirazuba bitewe n’uburyo adahwema kwerekana ko ashoboye nk’uko byashimagiwe na bagenzi be ubwo yatorerwaga kuba visi Perezida wa mbere w’ishyirahamwe rishya ry’abahanzi muri Uganda.

Dore amafoto meza cyane y’umuhanzikazi Sheebah Karungi yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze ari kumwe na bagenzi be bafatanyijje kuyobora ishyirahamwe rishya ry’abahanzi muri Uganda rya UNMF:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntabwo nari kujya njyendana nawe: Umugore wa Cristiano Ronaldo yatangaje impamvu ikomeye itari gutuma ajyendana n’umugabo we ku kibuga cy’indege iyo baza kuba badafite iyabo bwite

FIFA yanzuye ikirego Adil Mohammed yarezemo APR FC yamwirukanye mu kazi ko kuyitoza