in

FERWAFA: Itangazo ryihutirwa rigenewe ikipe ya Rayon Sports na Police FC rijyanye n’umwuzure wahitanye abatari bake

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, ryamaze gushyira hanze itangazo rimenyesha ikipe ya Rayon Sports na Police FC ko mu mukino izi kipe zifitanye kuri uyu wa Gatatu, bari bufate umwanya wo kunamira abahitanwe n’ibiza hano mu Rwanda.

Itangazo rigira riti “Mu rwego rwo kuzirikana no kwifatanya mu kababaro n’abagizweho ingaruka n’ibiza byibasiye cyane cyane Intara y’Amajyaruguru n’intara y’Uburengerazuba, kuri buri mukino w’umupira w’amaguru uba kuri uyu munsi harafatwa umunota wo kuzirikana abo bose mbere y’uko umukino utangira.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Soleil nyuma yo gutangaza ko agiye kongera kugaragara muri filime ya Bamenya, akomeje kugaragara mu isura nshya – AMAFOTO

Kigali ubujura bwafashe indi ntera: Umusore yinjiranye umushoferi wari utwaye imodoka iri kugenda mu muhanda rwagati nta bwoba – VIDEWO