in

Ese mama urabona uwo mubikorana?: Menya icyo uyu munsi usobanuye niba ufite umukunzi utazagucikwa kandi uhawe rugari

Ese mama wowe urabona uwo mubikorana? Menya ikintu gikomeye uyu munsi usobanuye niba ufite umuntu mukundana utazagucikwa kandi uhawe rugari.

Abantu benshi ntabwo bigeze babimenya gusa uyu munsi urahambaye cyane ku bantu bakunda gusomana kubera ko tariki 06 Nyakanga ari umunsi mpuzamahanga wo gusomana rero abantu mufite abakunzi kandi mukunda gusomana ntimuze gucikwa n’uyu munsi wahariwe gusomana.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sobanukirwe ubusobanuro bw’izina Pamela

Breaking News: Ikipe ya Rayon Sports imaze gusinyana amasezerano y’ubufatanye n’umufatanyabikorwa mushya ucunga umutekano