in

“Ese ubwo iyo ubyina wambaye wari kuba iki?” Umuhanzikazi wa hano mu Rwanda bamwe mu bafana be batangiye kumwikoma kubera amashusho ye akomeza gushyira hanze abyina yabereje(nta kenda yambaye hejuru)-VIDEWO https://wp.me/p7ovfz-11vk

“Ese ubwo iyo ubyina wambaye wari kuba iki?” Umuhanzikazi wa hano mu Rwanda bamwe mu bafana be batangiye kumwikoma kubera amashusho ye akomeza gushyira hanze abyina yabereje(nta kenda yambaye hejuru)-VIDEWO

Nadia wamenyekanye muri label ya Ddumba izwi nka cyaze Gang yongeye gushumika imbuga nkoranyambaga kubera video ye yashyize hanze ari kubyina yabereje.

Muri aya mashusho aba abyinisha ikibuno gusa aba yateye umugongo kamera ariko nk’uko bigaragara nta kenda kandi aba yambaye hejuru, Nadia yamenyekanye mu ndirimbo yitwa you.

Ibi biri mu byatumye hari bamwe mu babonye aya mashusho gusa nti bishimiye uko yari yambaye.

Reba video hasi..

 

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC ibintu igiye kubishyira ku rundi rwego nyuma yo gukora ikintu cyerekana ko izaba yiteguye Rayon Sports muri wikendi

Mugore tangira ubikore, nawe mukobwa byige uzabikore! Dore ibintu 5 umugore wese akorera umugabo nimugoroba atashye bigatuma atanga iposho yishimye