in

Dore imyitwarire ikwiye kukuranga mu gihe uri mu kazi ako ariko kose kandi ukeneye umusaruro 

Dore imyitwarire ikwiye kukuranga mu gihe uri mu kazi ako ariko kose kandi ukeneye umusaruro

Dore imyitwarire 5 ikwiye kukuranga mu gihe uri mu kazi:

1. Ereka abo mukorana ko ububaha

Mu biro cyangwa ku kazi aho ukorera, kubaha abandi bigabanya amakimbirane bikongera kumererwa neza kw’abantu bose muri rusange.

2. Gira akamenyero ko kwihuta mubyo ukora

Kubahiriza igihe, bitanga isura nziza mu bandi. Guhora wubahiriza igihe byerekana ko uha agaciro igihe cy’abandi mu kazi kabo.

3. Shyira kure telefone yawe

Gushyira kure telefone yawe cyangwa ibindi bikoresho byawe bigendanwa, byereka abandi ko witaye kubyo bari kukubwira cyangwa ku biganiro muri kugirana.

4. Kwambara neza

Tutitaye ku bindi byose, ushobora kungukira gusa kwambara neza kuruta kwerekana ubuhanga bwawe cyangwa gukora cyane.

5. Baza abantu uko bifuza ko muvugana

Iyo uvugishije ukugana mu buryo abyifuzamo, bikongerera amahirwe yo kugaragaza ikinyabupfura mu bandi.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yanze guseba: Mu Gatsata, yafatiwe mu cyuho ari gukorakora inkumi maze acibwa ibihumbi 20 Frw

Inzu ya mbere nziza muri Afrika iri ku butaka bw’uRwanda ikomeje gutangarirwa na benshi (AMAFOTO)