in

Yanze guseba: Mu Gatsata, yafatiwe mu cyuho ari gukorakora inkumi maze acibwa ibihumbi 20 Frw

Umugabo utuye mu karere ka Gasabo mu murenge wa Gatsata, yatanze ibihumbi 20 Frw ku mugore baturanye wari umubonye arimo yagaza anakorakora inkumi ikora mu kabari kugira ngo amugirire ibanga ntabibwire umugore we.

Ibi byabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Gicurasi 2022, mu masaha ya saa Sita n’igice z’amanwa, ubwo uyu muturanyi yafatiraga mu cyuho uyu mugabo arimo gukorakora inkumi mu kabari, yahise ashaka guhamagara umugore w’uyu mugabo ngo aze yirebere ibyo umugabo we arimo.

Ubwo uwo mugabo yahise amushikuza telefone maze batangira kugirana amakimbirane, byageze aho umugabo yemera guha ibihumbi 20 Frw uwo mugore w’umuturanyi ku gira ngo amugirire ibanga ntabibwire umugore we.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Titi Brown umaze umwaka n’igice afunzwe agiye kujurira icyemezo cyo ku mufunga iminsi 30

Dore imyitwarire ikwiye kukuranga mu gihe uri mu kazi ako ariko kose kandi ukeneye umusaruro