in

Dore ibyiza byo guseka utigeze umenya

 

Guseka burya ni bimwe mu bintu byiza cyane mu buzima bwa buri muntu wifuza kubaho neza kandi yishimiye.
Abahanga bavuga ko abantu bakunda guseka baba bafite amahirwe yo kurama kurusha abantu badakunda guseka ikindi kandi burya ngo guseka bituma umuntu akunda cyane.

Guseka n’igisobanuro cy’ubwiza kuri buri muntu kandi burya ngo umuntu wikundira guseka ntashobora kuzana iminkanyari vuba mu maso.
Abahanga bemeza ko abantu bakunda guseka bafite amahirwe menshi yo kubaho mu buzima bwiza kurasha abadakunda guseka ubundi muri rusange guseka bituma abantu bagukunda kubera ko babona ko nta mutima mubi ugira kandi ngo burya uzaseke niyo waba uri mu bibazo bigukomereye kuko ngo bigufasha kuba wabyibagirwa vuba.

Ngayo nguko niba udakunda guseka menya ko ubuzima bwawe buri mukaga.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mana yange! Umugabo yafashe imodoka agonga indaya zari ziri kwishyuza undi mugabo – video

Ariko abarayon bazi ubwenge Koko! Hamenyekanye impamvu itangaje yatumye Uwayezu Jean Fidel atumira abanyamakuru ngo bakine umukino wa gishuti