in

Dore ibizakubwira ko ukwiye gutandukana n’umukunzi wawe

Akenshi iyo abantu bakundana, hari Igihe mu gushwana kwabo badahita babwirana ko batandukanye ahubwo buri wese ategereza ngo mugenzi we azabyibonere ntahite abimubwira.

Akenshi rero abantu bakunze kubabara kubera ko baba batabibwiwe ngo banamenye uko bakwiye kubyitwaramo mu gihe byababayeho bakaba barabenzwe ariko ntibabimenye.

Dore ibizakubwira ko uwo wagukundaga atakimukunda;

1. Nta cyizere ukigirira umukunzi wawe

2. Ntimubasha kumvikana ku bintu by’ingenzi mu buzima bwanyu

3. Ibishashi by’urukundo byarashize

4.Umukunzi wawe aracyakomeye ku mateka ye y’ahashize

5.Mugorwa no gukemura amakimbirane hagati yanyu

6. Kwiyibagiza ibihe byiza mujya mugirana

7. Wumva nta bwisanzure ahubwo umeze nk’ufungiranye

8. Ntimukiganira uko bikwiye

9. Ubona atakigushyigikira

10. Arakubeshya

 

 

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu magambo ashimangira urwo amukunda, Miss Shimwa Guelda yifurije isabukuru nziza y’amavuko umwana we

“Inkoko iri iwabo ishonda umukara” Haruna Niyonzima Kapiteni wa AS Kigali yagaragaje ubwoba bukomeye cyane mbere y’umukino