in

Dore ibice 4 umukobwa abayifuza ko ukoraho igihe murikumwe ariko akaba atabikubwira

Akenshi iyo umuhungu n’umukobwa bari mu rukundo cyangwa bari guteretana, bahana umwanya cyane ku buryo ushobora nko gusanga mu cyumweru baba bafite nka masaha 80 yo kuganira 30 muri ayo masaha ugasanga akenshi baba barikumwe imbona nkubone.

Mu gihe umukobwa n’umuhungu barikumwe akenshi ibiganiro byabo babikora begeranye ndetse banakoranaho. Mu gihe bari kugirana ibiganiro hari ibice bimwe na bimwe umukobwa aba yifuza ko umuhungu yakoraho ariko akaba adashobora kubimubwira.

Ibyo bice ni Umusatsi, Ibitugu, hejuru y’urukenyerero (munsi y’imbavu), ndetse n’ibirenge.      ibi bice uko ari bine ni bimwe mu bice bibyutsa ibyiyumviro by’abakobwa, uko muganira akagenda arushaho kukwiyumvamo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusifuzi yasifuye umukino wanyuma urangiye ajya kwishimana n’ikipe yegukanye igikombe maze bamubonye ibyari ibyishimo biba bihindutse amarira

Dore ibintu 5 byagufasha kutazongera kugona igihe uryamye