in

Dore amategeko akakaye yashyizweho mu rwego rwo guherekeza Costa Titch

Umuryango w’umuraperi Costa Titch watangaje amatariki n’ibizagenderwaho mu muhango wo gusezeraho bwa nyuma uyu muhanzi witabye Imana aguye ku rubyiniro mu ijoro rya tariki 12 Werurwe 2023.

Uyu muhanzi wapfuye afite imyaka 28 hateguwe umuhango wo kumusezeraho bwa nyuma no kumuha icyubahiro uzaba ku wa 18 Werurwe 2023 uzitabirwa n’abambaye imyenda y’umukara n’icyatsi gusa.

Aya ni amabara yiganje mu myambaro uyu muhanzi yakundaga kwambara dore ko ariyo agize iyambawe mu ndirimbo Big Flexa yatumye Costa Titch yigarurira imitima ya benshi mu bakunzi ba muzika hirya no hino ku Isi.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bwa mbere, Lea witabiriye Miss Rwanda yagaragaye ateruye umwana we aherutse kwibaruka (VIDEWO)

Abahanzi bo muri Afrika yepfo bakomeje gupfa umusubirizo: undi muhanzi w’icyamamare wo muri Afrika yepfo yitabye Imana