in ,

Diego Maradona agiye gufungwa ubutazavamo (Impamvu)

Umugabo wagize ibihe byiza muri ruhago Diego Maradona,benshi bazi ku mabara menshi cyane,kuri ubu ari mu mazi abira kubera gushinjwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina kandi mu gihugu cyitari icye.

Mu gihe uyu mugabo w’imyaka 56 yatumirwaga mu gihugu cy’Uburusiya nk’umushyitsi mukuru mu gikombe cya Confederations,yaba yarambuye umukobwa imyenda ku gahato akamwaka isakoshi ye ndetse akanamuta hanze asigaranye imyenda y’imbere nk’uko bitangazwa n’uwo mugore witwa Ekaterina Nadolskaya bivugwa ko ari umunyamakuru wari waje kumukoresha ikiganiro (interview).

Nyamara Maradona we ari kubitera utwatsi avuga ko uyu mugore yambuye ubusa anasakuza ngo amushyirishemo,Iyi dosiye ikaba iri gukurikiranwa n’inzego zikomeye mu Burusiya twagereranya na FBI.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bombi bari mu mazi abira nyuma y’igihe ari abami (Impamvu)

Abafana ba Manchester United bababajwe bikomeye n’igenda ry’umukinnyi wabo ukomeye(Iyumvire)