in ,

Diane wahoze ari umukunzi wa Platini yatanze ikimenyetso gishimangira ko yamucaga inyuma

Hashize igihe gisaga amazi 11 inkuru ibaye impamo ko Platini yatandukanye n’umukobwa bari bamaze igihe kirekire bari mu rukundo ariwe Diane, nyamara ubu Diane yitangiye ikimenyetso kimeza ko hashize umwaka umutima we yaraweguriye undi musore utari Platini.

Ku munsi w’ejo Diane wahoze akundana na Platini ndetse bivugwa ko baniteguraga ku rushinga yashyize kuri Instagram ifoto yishimira umwaka amaze ari mu rukundo n’umusore witwa Rutayisire uba muri USA, byumvikana ko aba bombi batangiye gukundana taliki 1/12/2016 gusa icyatangaje abantu nuko uyu mukobw aicyo gihe yari agifatwa nk’umukunzi wa Platini ndetse na Platini ubwe yivugiraga ko bagikundana.

Byumvikana ko rero muri icyo cyose Diane yacaga inyuma Platini dore yatangaje ko ari mu rukundo na Rutayisire ku nshuro ya mbere muri Mutarama 2017. Nukuvugako muri uko kwezi kwa 12 kwa 2016 kosa yacaga inyuma Platini atabizi yikundanira na Rutayisire.

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss w’umunyaRwandakazi yiyerekanye yambaye ubusa mu gihugu cya Mozambique (video)

Nyuma y’iminsi 14 afunze Karekezi olivier yarekuwe