in

Davido n’umukunzi we baciye amazimwe.

Umuhanzi w’icyamamare wo muri Nijeriya Davido n’umukunzi we Chioma Avril Rowland baciye amazimwe maze boñgera kugaragara bari kumwe nyuma y’ibihuha byavugaga ko bamaze gutandukana.

Aba bombi bakanyumijeho mu rukundo bagaragaye hamwe mu birori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko y’umwana wabo, Ifeanyi wari wujuje imyaka  ibiri.

Nubwo byavugwaga ko umubano wa Davido na Chioma utameze neza ariko bagerageje ibishoboka byose kugirango bakomeze kugaragaza ko bagifite inshingano zo kurera uyu mwana wabo w’umuhungu.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Abajura batatu bishe umusore w’imyaka 23 ku manwa y’ihangu(Video)

Uburyo abagore b’iki gihe basigaye bisenyera ingo batabizi.