in

“Cristiano yarananiwe, Messi aracyasaza imigeri” Umukinnyi ukomeye wa Croatia yatangaje amagambo yateye ubwoba abafana ba Argentine ya Lionel Messi

Umukinnyi ukina mu mpande asatira mu ikipe y’igihugu ya Croatia, Ivan Perisic yatangaje amagambo akomeye mbere y’uko bahura na Arijantine kuri uyu mugoroba.

Ivan Perisic yavuze ko Cristiano Ronaldo yananiwe gutwara igikombe cy’isi ngo na Lionel Messi aracyagerageza ariko ngo bo bari kurwana uko bashoboye kose ngo batware igikombe cy’isi 2022.

Ivan Perisic yagize ati: “Cristiano yananiwe gutsinda, mu gihe Messi acyiri kugerageza na Arijantine ariko twe tuzatanga byose kugirango dutware Igikombe cy’isi ku bwa Luka Modrić.”

Muri iri joro ryo kuri uyu wa Kabiri nibwo Argentine ya Lionel Messi iraza gutana mu mitwe na  Croatia ya Luka Modric mu gushaka ikipe irerekeza ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi 2022 cyiri kubera muri Croatia. Uyu mukino uraza kuba saa tatu z’ijoro.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru meza ku bafana n’abakunzi ba Cristiano Ronaldo bari bafite ubwoba bw’akazoza ke mu ikipe y’igihugu

”Imana ikunda abagabo koko ,ibisabo byabaye ibisabo”Miss Igisabo yongeye kuzonga ab’iganjemo abasore