in

Cristiano Ronaldo mu nzira zimusubiza muri Real Madrid nyuma yo kuvuga ko yagambaniwe

Ronaldo ashobora gusubira muri Real Madrid yagiriyemo ibihe byiza

Cristiano Ronaldo arifuza gusubira muri Real Madrid nyuma y’uko Manchester United ishaka kumwirukana nta mperekeza kubera amagambo yatangaje ubwo yaganiraga na Piers Morgan.

Cristiano Ronaldo utorohewe muri Manchester United kubera amagambo yatangaje ubwo yaganiraga na Piers Morgan

Nyuma y’uko Ronaldo agiranye ikiganiro rutwitsi na Piers Morgan kikarakaza abafana n’ubuyobozi bwa Manchester United.
Ronaldo ashobora gusubira muri Real Madrid yagiriyemo ibihe byiza

ibitangazamakuru byo ku mugabane w’Iburayi byatangiye guhwihwisa Amakuru ko Ronaldo ubwe yisabiye Real Madrid ko yamusinyisha amasezerano y’amezi atandatu kuko ntagahunda afite yo kuguma muri Manchester United Kandi nayo ikaba iri mu mugambi wo kumwirukana nta mperekeza.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru mabi ku ntanga z’abantu b’igitsinagabo

Umutoza Haringingo Francis yatonganyije abakinnyi babiri batumye Rayon Sports itakaza amanota kuri Mukura Victory Sports