in

Couple yari imaze imyaka 25 yarabuze urubyaro ibonye igitangaza gikomeye

Umugabo n’umugore bo muri Nigeriya bamenyekanye nka Madamu Michael Nnandi na  Nwankwo bagiye ku mbuga nkoranyambaga basangira ubuhamya bwabo ubwo bakiraga abana babo batatu ba mbere nyuma yimyaka 25 bategereje. Iki ni igitangaza!

Inkuru y’umugisha udasanzwe wasangijwe kuri Facebook na Assemblies of God, Akarere ka Lagos nyuma yuko abo bana bavutse kuri iki cyumweru.Nk’uko uwatanze aya makuru yabitangaje ,iyi couple ntiyigeze icika intege mu myaka 25 ishize kuko bakomeje kubana mu mahoro nubwo nta mwana bari barabyaye.Yanditse ati:”Ubuhamya butangaje. Nyuma yimyaka 25 yo gutegereza, umuryango wa Deacon na Madamu Nnamdi Nwankwo uyumunsi bibarutse batatu. Mbega Imana ikomeye dukorera!”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

U Burundi ku isonga mu bihugu bikennye cyane ku isi. Reba urutonde rw’ibihugu 10.

Yashyize ubuzima bwe mu byago kubera kugira umutima mwiza