in

Clarisse Karasira avuze icyamubabaje mu bukwe bwe.

Umuhanzikazi Clarisse Karasira yatangaje ikintu cyamubabaje cyane ubwo yateguraga gukora ubukwe n’umukunzi we, Ifashabayo Sylivain Dejoie .Ni ubukwe bwabaye tariki ya 01 Gicurasi 2021.

Uyu muhanzikazi aganira na Bigtown tv yavuze ko icyamubabaje ari uko ubukwe bwe bwitabiriwe n’abantu bake ,dore ko muri icyo gihe hariho amabwiriza yo kwirinda covid ateremeraga abantu barenze 30 gutaha ubukwe.Ubukwe bwabo bukaba bwaratashywe n’abatarenze 20 ari nacyo kintu avuga ko cyamubabaje cyane.Yakomeje avuga ko nubwo ubukwe bwabo bwitabiriye ubukwe bari bake ariko ko bwari bwiza cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gahunda yuko abanyeshuri biga bacumbikirwa bazasubira ku mashuri yabo

Uburyo wasomamo umukunzi wawe ntazigere abyibagirwa ubuzima bwe bwose.