in

Christopher amahanga yose yayazengurutse kuri ubu ari kubarizwa London -IFOTO

Umuhanzi Christopher uri kubarizwa ku mugabane w’iburayi aho ari gukorera ibitaramo bizenguruka uyu umugabane, agiye gutaramira mu Bwongereza nyuma y’u Bufaransa n’u Bubiligi.

Christopher Muneza azataramira abatuye i London mu gitaramo azahuriramo n’umunya Uganda Dj Shady ari nawe usanzwe utegura “Shady Mixtape party” ari nacyo bazataramamo [Season 5].

Uyu muhanzi agiye gutaramira i London nyuma yo gutaramira abatuye i Bruxelles mu Bubiligi, i Paris na Bordeaux mu gihugu cy’u Bufaransa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking News: Undi mutoza ukomeye muri Premier League agiye kwirukanwa

Ifaranga ni nk’inda ku mutindi! Tyga yaguriye umukunzi we umukufi wa Miliyoni 80