in

Breaking News: Undi mutoza ukomeye muri Premier League agiye kwirukanwa

Nyuma y’uko akomeje kugenda atanga umusaruro nkene, ikipe ya Tottenham yanzuye ko igiye gutandukana na Antonio Conte.

Nyuma y’uko ikipe ya Tottenham inganyije na Southampton, Daniel Levy yavuze ko bagiye gutandukana n’uyu mutoza w’umutaliyani.

Nk’uko ikinyamakuru Telegraph cyo mu bwongereza kibivuga ngo Conte yamaze kumvikana na Tottenham kuva muri iyi kipe. Arava muri iyi kipe bitarenze iki cyumweru.

Ikipe ikazahita isigara mu biganza bya Ryan Mason, gusa Daniel Levy we arashaka no guhita ashaka undi mutoza.

Abatoza bahabwa amahirwe ni  Luis Enrqiue, Thomas Tuchel na Mauricio Pochettino.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kylian MbappĂ© yahawe ijambo mu ikipe y’Igihugu

Christopher amahanga yose yayazengurutse kuri ubu ari kubarizwa London -IFOTO