in

Byitabiriwe n’inkumi z’uburanga gusa! Uwase Muyango yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi – AMASHUSHO

Nyuma y’igihe kitari kinini Uwase Muyango n’umugabo we Kimenyi Yves bateguje ko ubukwe bwabo buri mu kwa mbere 2024, ubu Muyango yamaze gukorerwa ibirori byo gusezera ku bukumi.

Ni ibirori byitabiriwe n’abakobwa b’incuti ze, byabaye ku mugoroba wo ku wa 6 tariki 16 Ukuboza 2023 . Reba Videwo 2.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Uri mwiza kandi uri uw’igikundiro”: Miss Nyambo yanze gusoza umwaka atongeye kwereka abukunzi be ibintu bishotora abasore -AMAFOTO

Uyu mugabo ntasanzwe! Umuhanzi Bruce Melodie yakoreye ibidasanzwe muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika -AMASHUSHO