in

NdabikunzeNdabikunze

Byiringiro Lague n’umukunzi we basezeranye.

Kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Nzeri 2021, nibwo rutahizamu w’ikipe y’igihe Amavubi na APR FC Byiringiro Lague bivugwa ko afite imyaka 20 yasezeranye na Uwase Kelia bivugwa ko afite imyaka 19 imbere y’amategeko, uyu muhango ukaba wabereye mu mujyi wa Kigali, karere ka Nyarugenge, mu murenge wa Nyarugenge.

Lague yasezeranye na Kelia nyuma y’iminsi ibiri amwambitse impeta, kuko ku mugoroba wo ku wa Kabiri w’iki cyumweru aribwo byabaye.

Ubukwe bw’aba bombi buteganyijwe mu mezi ari imbere, aho bazasezerana imbere y’Imana bakabana nk’umugabo n’umugore.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kwizera warongoye Mukaperezida ibyabo byose abishyize hanze.

Imirwano isekeje y’aba bakobwa yatunguye abantu (Video)