in

Byasabye izindi mbaraga kugira ngo Andre Onana abashe gutuza mu mwiherero w’ikipe y’igihugu ya Cameroon

Byasabye El Hadji Diouf kugira ngo Onana abashe gutuza

Uyu munyezamu yababajwe no kuba Rigobert Song ataramuvugishije n’ijambo na rimwe ubwo yageraga mu mwiherero wa Cameroun.

Si ibyo gusa kandi avuga ko ndetse yababajwe no kuba ataramukoreshe mu kipe yanganyije na Guinéa Conakry.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agezweho: Rayon Sports yatangarije abakunzi bayo impinduka ku mukino wayo wa mbere w’igikombe cy’Amahoro

“Nashake azahure n’abagore 100”! Mama wa Diamond yavuze kubyo kuba umuhungu we yashakana na Zuchu