in

“Nashake azahure n’abagore 100”! Mama wa Diamond yavuze kubyo kuba umuhungu we yashakana na Zuchu

Nyina wa Diamond Platnumz [Mama Dangote], yavuze ko gushaka ari uburenganzira bw’umuhungu we.

Sanura Kassim wamamaye nka Mama Dangote yavuze Imana itari yamurikira umuhungu we kugira ngo abashe kumuha undi mukazana n’undi mwuzukuru.

Aganira na Wasafi FM yavuze ko gushaka ari gahunda z’Imana.

Ati:”Buri kintu gipangwa n’Imana.Imana yabimuhatira nanjye nabimuhatira ariko burya buri kimwe gituruka mu byo Imana yamaze gutegeka cyangwa Imana ikagutegeka gushaka n’uyu cyangwa undi.

Diamond ashobora no kugumana n’abagore 100 ariko Imana ntimusabe gushyingirwa nabo kubera ko hari uwo yategetse ko bazabana”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byasabye izindi mbaraga kugira ngo Andre Onana abashe gutuza mu mwiherero w’ikipe y’igihugu ya Cameroon

Amakuru yerekeza Victor Mbaoma muri Simba SC yashyizweho akadomo