in

Byari ku zuba ry’i saa sita: Imyaka ibaye itatu Dj Miller yitabye Imana (Ese ni iki wowe umwibukiraho)

Uyu munsi Tariki ya 5 Mata, imyaka ibaye itatu kabakunzi b’umuziki w’u Rwanda babuze DJ Miller, witabye Imana.

Byari ku zuba ry’i saa sita z’amanywa ku wa 5 Mata 2020 ubwo amatwi ya benshi mu bakunzi b’umuziki w’u Rwanda yumvaga inkuru y’incamugongo ko DJ Miller wari mu bayoboye abandi mu bijyanye no kuvanga imiziki i Kigali, yitabye Imana.

DJ Miller yitabye Imana aguye mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal nyuma yo kugaragaza ibimenyetso by’indwara ya ‘Stroke’.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bwambere mu Rwanda huzuye hotel y’inyenyeri 5 ireremba hejuru y’amazi mu kiyaga

Stromae ufite isano mu Rwanda ari mu bibazo