in

Byari amarira n’agahinda ku nshuti n’abavandimwe bitabiriye umuhango wo gushyingura mu cyubahiro Irakarama Nadine wapfuye agiye kurangiza Kaminuza muri ICK Kabgayi

Byari amarira n’agahinda ku nshuti n’abavandimwe bitabiriye umuhango wo gushyingura mu cyubahiro Irakarama Nadine wapfuye agiye kurangiza Kaminuza muri ICK Kabgayi.

Mu cyumweru gishize nibwo inkuru y’urupfu rw’uyu mukobwa yamenyekanye mu batari bake aho babajwe na yo.

Uyu mukobwa yazize impanuka y’imodoka yamugonze agiye kurangiza igitabo cye kugira ngo akore defanse muri Kaminuza.

Mu muhango wo kumushyingura wabaye my mpera z’iki cyumweru dusoje, byari amarira n’agahinda ku nshuti n’abavandimwe bitabiriye umuhango wo kumushyingura mu cyubahiro.

Ubuhamya bwatanzwe bwatumye benshi bagira ikiniga kubera ukuntu yagiye akiri muto.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sahabu ntawurimo: Habaye impinduka mu bakinnyi 11 barabanza mu kibuga ku mukino w’u Rwanda na South Africa 

Yasirimbye nk’umwangirikani: Umunyamakuru Mutesi Scovia yitabiriye igitaramo cya Korali Christus Regnat akorwaho n’indirimbo maze arasirimba [videwo]