in

Bwiza na Okkama bararira ayo kwarika nyuma yo kwangirwa kujya i burayi

Bitewe n’uko batinze kubona ibyangombwa bibemerera kujya mu gihugu cy’u bubirigi, byatumye igitaramo bari bahafite  ku wa 4 Werurwe 2023 basimbuzwa abandi.

Okkama na Bwiza baracyagerageza amahirwe ngo barebe ko babona ibyangombwa Dore ko uretse icyo gitaramo bari gukorera i Bruxelles,  bari batangiye gutegura ibindi kugira ngo barebe niba ibitaramo ku mugabane w’iburayi byabahira.

Kenny Sol we wamaze kubona ibyangombwa byose bimwemerera kujya i burayi,  biteganyijwe ko azahaguruka mu ijoro ryo ku wa gatanu tariki 03 werurwe aho ku itariki 04 werurwe azahita akora igitaramo I Bruxelles.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports yashyize ahagaragara ibiciro byo kwinjira k’umukino n’ikipe ya Etincelles FC

Umukinnyi wa Rayon Sports yavuze umukinnyi usetsa abandi mu ikipe