in

Burya na bo bafite igice gifata umurego! Sobanukirwa igice cy’umugore gifata umurego nk’icy’umugobo iyo bagize ubushake bwo gukora imibonano

Abantu benshi ntibazi ko umugore agira igice cyo ku mubiri we gifata umurego iyo agize ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina.

Abandi bazi ko ari amabere ahagaragara iyo agize ubushake gusa hari ikindi gice gufata umurego nk’icy’umugobo.

Icyo gice nta kindi ni rugongo, kikaba kiba mu gitsina cy’umugore.

Iki iyo umugore agize ubushake gifata umurego nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru umutihealth.com.

Iki kinyamakuru kivuga ko iki gice giteye nk’igitsina cy’abagabo akaba ari nayo mpamvu gifata umurego mu gihe umugore yagize ubushake.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Rwanda 2022 Nshuti Divine Muheto yatangaje indirimbo ari gukunda kurusha izindi zose

Burya gishobora no kuvunika, Dore tumwe mu dushya ndetse n’ubushobozi igitsina gabo kifitemo, na bimwe abagore bakunda ku gitsina cy’abagabo