in

Miss Rwanda 2022 Nshuti Divine Muheto yatangaje indirimbo ari gukunda kurusha izindi zose

Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2022, Nshuti Divine Muheto yatangaje ko ari gukunda indirimbo who is your guy ya Spyro na Tiwa Savage bo muri Nigeria.

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 27 Werurwe 2023, Nshuti Divine Muheto yari yatumiwe mu kiganiro The Link Up cyo kuri TV10 gikorwa na Taikun Ndahiro, Mukantwari Jolly na Deejay Fla.

Ubwo bamubazaga indirimbo ari kumva cyane muri iyi munsi yavuze ko ari nyinshi by’umwihariko iyitwa who is your guy ya Spyro na Tiwa Savage.

Tariki 20 Werurwe 2022 nibwo Nshuti Divine Muheto yatorewe kuba nyampinga w’u Rwanda w’umwaka wa 2022 aho yagiyeho asimbuye Ingabire Grace wa 2021.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igenda inyerera! Dore ibyiza by’ububobere umugore azana mu gihe cyo gukora imibonano

Burya na bo bafite igice gifata umurego! Sobanukirwa igice cy’umugore gifata umurego nk’icy’umugobo iyo bagize ubushake bwo gukora imibonano