in

Burya byabintu byo kugwa mu rusengero umwigisha ari kwigisha n’ibihuha – Videwo

Mu nsengero n’amadini haje ibintu byo kuvuga ngo umwigisha arigisha ubundi abarwayi bagakira abandi bakikubita hasi kubera imbaraga z’amasengesho.

Ariko ibi ntibyemeranywaho na bose, hari abavuga ko aribyo ariko hari na bavuga ko aba bantu bagwa cyangwa bagakira baba bishyuwe.

Umwe mu ba bihakana yagize ati ” nonese niba aribyo koko kuberiki nta mukobwa cyangwa umudamu uragwa atambaye igitenge, baba babizi ko baribugwe bakabakenyeza ibitenge ngo tutabona ubwambure bwabo”.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Videwo y’umunsi ; Akina umupira kurenza abafite amaguru yombi

Ibyamamare 8 byicuza cyane kugira ibishushanyo ( tattoos) ku mibiri yabyo (AMAFOTO)