Ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye umugabo ufite ubumuga bw’ingingo ukina umupira ukagirango afite amaguru yombi, kubireba birashimishije cyane.
Abantu bari kwibaza niba yaba yarize umupira afite ubumuga cyangwa yaba yarasanzwe awuzi mbere y’uko ahura n’ikibazo.
Ibi kandi bitanga urugero ku bafite ubumuga ndetse n’ababyeyi babo, bikerekana ko n’abafite ubumuga nabo bashoboye