in

Bruce Melodie yafashe ikemezo ajya muri Gym kugabanya inda (Videwo)

Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie mu muzika nyarwanda, yafashe ikemezo cyo kujya muri Gym kugabanya ibinure.

Bruce Melodie ni umwe mu bahanzi nyarwanda bafatwa nk’abadakora imyitozo ngororamubiri kubera ukuntu ari munini.

Nyuma yo kubona ko inda imaze kumubana nini, Bruce Melodie yafashe umwanzuro ajya muri Gym gukora imyitozo ngororamubiri kugira ngo inda igende.

Ubwo yari ari muri Gym, yafashwe amashusho maze ayo mashusho asakazwa ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye.

Reba ayo mashusho

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking News: Rutahizamu ukomeye w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze kubona ikipe nshya hanze y’u Rwanda

Rayon sport fc yongeye gutegurira abakunzi bayo ibirori bikomeye