in

Bruce Melodie utajya aripfana, yishongoye ku bantu bose barara kuri ‘Twitter Space’ bamutuka

Umuhanzi Bruce Melodie yishongoye ku bantu bose birirwa bamusebya we na Coach Gael babashinja kwangiza umuziki Nyarwanda.

Bruce Melodie abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yifashishije ifoto yicaye ku biro bya MTV Base West, arangije agira ati “Dore ngaha aho tugeze twica umuziki nyarwanda!”

Kuvuga ibyo ni nko kwishongora ku bantu bahora bavuga ko bica umuziki nyarwanda ndetse ko no kwishyura abantu amafaranga bagasebya abahanzi bakuze.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wagira ngo barigukora akinyuma: Na we ihere ijisho amashusho y’umusore n’inkumi mu mbyino yagatangaza (video)

PNL: Kiyovu Sports yateye intambwe ishimishije igana ku guca karande imaze ibinyacumi