in

Breaking News: Umutoza wa Apr Fc ari kubyinira ku rukoma mbere yo guhura na US Monastir

Umutoza mukuru wa Apr Fc, Mohammed Adil Erradi yamaze kwemerwa kuba yatoza imikino mpuzamahanga itegurwa n’impuzamashyirahamwe mu mupira w’amaguru muri Africa, CAF.

Adil yari amaze igihe atemerewe gutoza imikino Nyafurika ya CAF gusa kuri ubu yamaze kubona ibyangombwa bimwemerera gutoza iyo mikino Nyafurika.

Adil yari amaze hafi amezi abiri yihugura kugira ngo azabone uburenganzira bimwemerera gutoza imikino Nyafurika.

Adil aratangira gutoza imikino Nyafurika muri CAF Champions League aho agomba gukina na US Monastir yo muri Tunisia kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 10 Nzeri 2022 kuri sitade y’Akarere ka Huye.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bwa mbere umugore yabyaye impanga zidahuje ba se nyuma yo kuryamana nabo umunsi umwe

Kate Bashabe yiyifurije isabukuru nziza y’amavuko nyuma yo kuzuza imyaka abantu batamukekeraga (Videwo)