in

Breaking News : Umuhanzi Eddy Kenzo yamaze kugera mu Rwanda aho aje gukorana indirimbo na Bruce Melody (video)

Umuhanzi Eddy Kenzo ukomoka mu gihugu cya Uganda wamamaye mu myaka yashize mu ndirimbo nyinshi zitandukanye nka Sitya Loss, yamaze kugera mu Rwanda aho ari kumwe na Bruce Melody bivugwa ko baba bafitanye umushinga wo gukorana indirimbo mu minsi ya vuba gusa amakuru turacyayakurikirana.

Written by Mike Mugisha

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.: +250 781 994 990

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘maze imyaka 2 ntwite sinzi nimba nzabyara umwana’ ubuhamya bwakoze benshi k’umutima.

Agashya muri #TdRwanda22 : i Musanze, umugabo w’umufundi yarangaje umujyi wose nyuma y’ibyo yakoreye hejuru y’inzu (video)