in

Breaking news: Nyuma y’aho hagaragaye amafoto agaragaza ubwambure bwa Zari ubu agiye kugana inkiko

Umugore wahoze akundana na Diamond Platnumz Zari Hassan wiyita The Bosslady ubu uyu mu mama amafoto ye ndetse n’utuvidewo twe biri guca ibintu ku mbuga nkoranya mbaga we n’umusore bari mu rukundo.

Ku mbuga nkoranyambaga mu minsi mike ishize hacaracaye amafoto ya Zari agaragaza ubwambure bwe maze arahererekanywa karahava, gusa kuri ubu Zari agize icyo abivugaho.

Zari The Bosslady amaze gutangaza ko atazi ukuntu ayo mafoto yagiye ahagaragara maze atangaza ko agiye gushyikiriza inkiko gafotozi wafashe ayo mafoto maze akanayashyira hanze.

Zari arusha imyaka irenga 10 umusore bari mu rukundo gusa ibyo ntago abyitayeho kandi n’umusore aryohewe n’urukundo rwa Zari, bakundanye nyuma gato atandukanye na Diamond Platnumz banabyaranye abana 2

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu gihe kwa Cristiano Ronaldo bitari kugenda neza kwa Lionel Messi ho bari mu byishimo byo guhabwa ibihembo

“Mu ijoro ry’ubukwe nararyohewe” Assia atangaje byinshi ku buzima bushya arikumwe n’umugabo we muri America