in

“Mu ijoro ry’ubukwe nararyohewe” Assia atangaje byinshi ku buzima bushya arikumwe n’umugabo we muri America

Umukinnyikazi muri cinema nyarwanda uherutse gukora ubukwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ubu akaba ari naho ari kubarizwa we n’umugabo we bari mu kwezi kwa biki, kuri uyu munsi yatangaje iby’urugenda rwe mu rushako.

Bifashishije ikoranabuhanga mu kiganiro yagiranye na Muriungi Sabeh wo ku Isimbi tv ikorera kuri YouTube yatangaje ko imihanda yo muri America nubwo icanganye atangiye kuyimenyera buhoro buhoro.

Yongeye atangaza ko akumbuye abantu yashize inaha mu Rwanda nka Yaka Mwana, Murungi Sabeh bavuganaga ndetse n’abandi bahoranaha nawe muri cinema.

Akomeza avuga ko aryohewe n’irushako, yagize ati “ubu nishimiye cyane kandi mu ijoro ry’ubukwe nararyohewe cyane” avuga ko muri iryo joro byi ibintu byiza cyane.

Gusa yaje kuvuga ko yaje guhindura umugambi yari afite akimara kugera muri America wo kuzabyara abana benshi ngo kuko yasanze bigoranye kubarerera aho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Nyuma y’aho hagaragaye amafoto agaragaza ubwambure bwa Zari ubu agiye kugana inkiko

Ifoto ya Patrick Rusine ari kumwe n’umuvandimwe ikomeje gusetsa abantu.