in

Bose biga bahembwa! Muri Botswana, buri munyeshuri wese ahabwa umushahara wa buri kwezi kugira ngo ajye kwiga atuje

Igihugu cya Botswana gikomeje gutangaza abantu benshi kuko cyashyiriyeho abanyeshuri amafaranga y’umushahara wa buri kwezi kugira ngo bajye kwiga.

Botswana ifatwa nk’iya kabiri muri Afurika mu bihugu bitagira ruswa ihembe buri munyeshuri wese wiga.

Si buri munyeshuri ubonetse uhabwa ayo mafaranga, ahubwo ni Umunyeshuri wese wa Kaminuza, aho ahabwa amadorari $143 buri kwezi.

Ayo mafaranga asaga ibihumbi 157 by’amanyarwanda ahabwa abo banyeshuri ni kugira ngo bajye kwiga.

Kugira ngo ubone uwo mushahara wa buri kwezi ni uko utangira kwiga kaminuza kandi bakaba bigira ubuntu.

Muri icyo gihugu kwiga ni ubuntu ndetse no kwivuza ni ubuntu.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Nkundimana vincent
11 months ago

Bize mu Rwanda natwe twigire Ubuntu amakaminiza

Itangazo ryihutirwa rireba abantu bose bashaka gusaba inguzanyo yo kujya kwiga muri kaminuza y’u Rwanda

Usengima Faustin yafashije ikipe ye gukomeza kuri penaliti