in

NdababayeNdababaye

Biteye agahinda: Umwana w’imyaka 4 benshi bavuga ko atwite(Amafoto)

Benshi mu baturanyi bamuvugiraho ko atwike bityo na gahinda kenshi ku babyeyi be ndetse nawe ubwe kuko usanga atabasha gukina nk’abandi bana.

Umwana muto witwa nsengiyaremye uvuka mu murenge wa Rweru mu karere ka bugesera yahuye n’ikibazo cy’uburwayi bwamufashe amaze iminsi ibiri avutse kugeze nanubu agize imyaka 4.

Mu gahinda kenshi ababyeyi bavuga ko bagerageje ku muvuza gusa nyuma babura ubushobozi bwo kumusubiza kwa muganga nkuko bagomba ku musubiza mu bitaro bikuru by’akaminuza (chic) niko gufata icyemezo bamurekera mu rugo kuva mu mwaka wa 2017 kugeza kuri y’isaha.

Nsengiyaremye akomeje kubyimba inda cyane kuko iyo umurebye ubona nk’umwana muto biteye agahinda ndetse n’amarira aho kugeza kuri ubu ababyeyi batangaza ko nta bushobozi bafite bwo kuba bamuvuza bategereje icyo imana izakora gusa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanuzi yakubiswe iza k’abwana nyuma yo kubeshya umugore w’abandi akamusambanya

Abashakashatsi berekanye imico iteye ubwoba iranga umwana uvuka ku babyeyi banyweye urumogi.