in

Biteye agahinda : Umusore yifuje urupfu kubera uburyayi budasanzwe (Amafoto )

Umusore witwa Tito wo mu karere ka Burera mu murenge wa Bugarama yahuye n’uburwayi budasanzwe bwamufashe mu ijosi  bituma agira uburibwe bukabije.

Sibomana Tito yatangaje ko uburwayi bwa mufashe ku myaka itanu yamenye ubwenge yisanga ariko ameze niko kubaza ababyeyi be icyo yabaye bo bakamusubiza ko yahuye n’ikibazo cyo gushya .

Mu gukura kwe ababyeyi bagiye bakoresha uko bashoboye ngo bamuvuze bikomeza kwanga kugeza naho bagurishije imitungo irimo inka ndetse na masambu ngo yivuze dore ko kumuvura byasabaga amafaranga menshi gusa bikomeza kwanga kugeza kuriyi saha.

Uburwayi bwe bukomeza gukura aho usanga biri gukwira mu ijosi ryose ari nako bimubabaza ndetse kwa muganga bamubwiye ko azabagwa abura ubushobozi kugeza ubu akomeje kuremba kubera kuribwa cyane mu ijosi.

Mu gahinda kenshi sibomana tito yavuzeko ababyeyi be bamutaye Kubera kurambirwa uburwayi bwe aho kuri uyu munsi uwabashije kugumana nawe ari mushiki we babana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Umunsi Umwe Nzagaruka” Jimmy Gatete Mwakunze Muri Benshi Atangaje Amakuru Meza!

Umugabo yakubiswe yambaye ubusa na nyir’urugo wamufashe aryamanye n’umugore we mu cyumba.