in

Biteye agahinda! Umugore wakuyemo inda, yibye uruhinja aza gufatwa arumaranye icyumweru

Umugore witwa Niyitegeka Marie Thérese wo mu karere ka Ruhango arashinjwa kwiba uruhinja rw’undi mubyeyi.

Uyu mugore akurikiranyweho kwiba umwana utari uwe amukuye mu bitaro.

Abatanze amakuru bavuze ko Thérese yari arwariye mu bitaro bya CHUB aho yaje gucunga umubyeyi wari umaze kubyara maze akamwiba umwana agahita acika.

Impamvu yo kwiba uyu mwana ni uko uyu Thérese yakuyemo inda ni uko akajya kwiba umwana w’undi mubyeyi kugira ngo abamubona babone ahetse umwana.

Kuri ubu Thérese wiyemerera ko yibye umwana afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi y’umurenge mu gihe bategereje ko RIB imujyana.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inzobe wayikuyehe ra! Ifoto ya Uwase Muyango akiri umunyeshuri yatangaje benshi

Hamenyekanye uburyo abafana barashyigikira ikipe y’igihugu Amavubi