in

Bishop Brigitte yarangiye abashakanye ahantu heza bazajya barebera firime z’urukozasoni

Bishop Mukanziga Brigitte wo mu itorero Imbaraga z’Imana yagiriye inama itangaje abashakanye yo kurebana filimi z’urukozasoni mu cyumba kugira ngo bige uburyo bushya bwo gutera akabariro.

Nkuko tubikesha urubuga rwa Twitter rwa The Chronicles,uyu mugore w’Umubwirizabutumwa uri mu bazwi cyane ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye,yavuze ko ibi ngo bikomeza ishyingiranwa.

Yagize ati “Mushyire televiziyo ntoya mu cyumba cyanyu….Interineti irahari….niba mufite telefoni zigezweho [smartphone],niba ntayo mufite mutire umuturanyi.”

Icyakora iki kinyamakuru ntago cyatangaje igihe n’aho uyu mugore ukunze kuvuga ku ngingo zo kurushinga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi bane muri 30 bahamagawe bamaze gusezererwa mw’ikipe y’igihugu Amavubi

Abenshi imyenda y’imbere iragaragara! Ibyamamare bitandukanye byaserukanye imyambaro ibonerana mu birori bya ‘Vanity Fair Oscar Party’ – AMAFOTO